Nsengiyumva yaririmbye ubwiza bw’u Rwanda
Mu ndirimbo ye nshya, Umuhanzi Nsengiyumva François benshi batazira “Gisupupu” abandi bakamwita “Rwagitima” n’andi mazina menshi yasohoye indirimbo nshya yise “UZAZE UREBE MU RWANDA”
Nk’uko bisanzwe iyi ndirimbo ye irimo umurya w’umuduli ikaba icuranze kandi mu njyana ya Kinyarwanda ifite umurili ubyinwa ubutaka bukahababarira.

Mu bazi iby’umuziki iyi ndirimbo iri mu mu inota rya Bbemol (SI bemol). Itaka u Rwanda mu bijyanye n’ibyiza nyaburanga n’iterambere rugezeho.
Ko numva itari muri bemol ku inota iryo ariryo ryose ra!
https://waterfallmagazine.com
Pretty nice post. I simply stumbled upon your blog and wanted to say that I’ve really loved surfing around your weblog posts.
In any case I’ll be subscribing in your rss feed and I am hoping you write again soon!