Twibuke abari beza – Indirimbo ya Kizito Mihigo
Ni indirimbo yo kwibuka Umuhanzi Kizito Mihigo yakoreye Abanyarwanda batuye muri Midwest muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho avugamo na’amazina menshi y’ababo bazize Jenoside.
Ni indirimbo ifite ubutumwa bwimbitse bwo kwibuka, kuri buri Munyarwanda wese bitari gusa abo yayihimbiye bo muri USA, umwaka ushize. Ni nshya ku bayumvise bwa mbere mu cyunamo cy’uyu mwaka, kuko yakozwe icy’ukwezi kwa Kane umwaka ushize cyavuyemo.
Hari aho Kizito Mihigo agira ati:
Abo Bantu bari beza, nibo twigiragaho Gusenga
Abo Bantu bari beza Nibo Twigiyeho ubupfura
… Ntimukazime twararokotse
Great info.
Lucky me I recently found your website by accident (stumbleupon).
I have saved it for later!