Ido n’ido ku ifatwa ry’abanyamakuru 10 mu minsi 10
Kuva tariki ya 05 Mata kugeza ku ya 15 Mata 2020, abanyamakuru barenga icumi bari bamaze gutabwa muri yombi mu Rwanda.
Havuzwe byinshi, hasobanurw abyinshi, hashidikanywa byinshi.
Tega amatwi urebe n’amashusho, usobanukirwe.

Williams